failure

Gutinya abantu kugusha mu mutego,Ariko uwiringira Uwiteka azaba amahoro.

Imig 29 : 25

Uhisha ibicumuro bye ntazagubwa neza,Ariko ubyatura akabireka azababarirwa.

Imig 28 : 13

Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza, ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw'iburyo, ari ko gukiranuka kwanjye.

Ezayi 41 : 10

Erega nzi ibyo nibwira nzabagirira! Ni amahoro si bibi, kugira ngo mbareme umutima w'ibyo muzabona hanyuma. Ni ko Uwiteka avuga.

Yer 29 : 11

Imbabazi z'Uwiteka ni zo zituma tudashiraho,Kuko ibambe rye ritabura.

Amag 3 : 22

Nuko Umwami Dariyo ashyiraho ukuboko ku rwandiko rw'iryo tegeko.

Dan 6 : 10

Wa mwanzi wanjye we, we kunyishima hejuru ningwa nzabyuka, ninicara mu mwijima Uwiteka azambera umucyo.

Mika 7 : 8

“ ‘Nimusenga ntimukamere nk'indyarya, kuko bakunda gusenga bahagaze mu masinagogi no mu nzira ngo abantu babarebe. Ndababwira ukuri yuko bamaze kugororerwa ingororano zabo.

Mt 6 : 5

“Mwese abarushye n'abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura.

Mt 11 : 28

bamuha vino ivanze n'indurwe ngo anywe, asogongeye yanga kuyinywa.

Mt 27 : 34