father
Nubwo navuga indimi z'abantu n'iz'abamarayika, ariko singire urukundo, mba mpindutse nk'umuringa uvuga cyangwa icyuma kirenga.
Mube maso! Mukomerere mu byo mwizeye, mube abagabo nyabagabo mwikomeze.
Mube maso! Mukomerere mu byo mwizeye, mube abagabo nyabagabo mwikomeze.
kuko umugabo utizera yezwa ku bw'umugore we, kandi umugore utizera yezwa ku bwa mwene Data uwo. Iyo bitameze bityo abana banyu baba bahumanye, ariko none dore ni abera.
rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose.
Kandi nzababera So,Namwe muzambere abahungu n'abakobwa,Ni ko Uwiteka Ushoborabyose avuga.”
Namwe ba se ntimugasharirire abana banyu, ahubwo mubarere mubahana, mubigisha iby'Umwami wacu.
Bana, mujye mwumvira ababyeyi banyu mu Mwami wacu, kuko ari byo bibakwiriye.
Mwambare intwaro zose z'Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n'uburiganya bwa Satani.
Bagabo, mukunde abagore banyu nk'uko Kristo yakunze Itorero akaryitangira

